Turahirwa Moses wamamaye nka ‘Moshions’ agiye gusoza igifungo akomereza mu kindi
Ku wa Mbere tariki 30 Werurwe 2026, Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Ku wa Mbere tariki 30 Werurwe 2026, Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2…
Kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Werurwe 2026, Urukiko rw’Ikirenga rwasomye icyemezo cyarwo, rushimangira ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga…
Mu gihe Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi yitegura umukino wa mbere mu mikino ya FIFA Series 2026 kuri uyu wa…
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, yasobanuye ko indwara zitandura zikomeje kwiyongera mu Banyarwanda n’ubwo guverinoma ikomeje gukora ibishoboka mu guhangana…
Kuri uyu wa kane tariki 26 Werurwe 2026 i Kigali hatangiye imikino ya FIFA Series 2026 iri gukinirwa bwa mbere…
Elisee Byukusenge wari umukozi w’Urukiko rw’ikirenga mu Rwanda, n’umugore we Uwimana Channy, wunganiraga abantu mu mategeko (Avoka) mu Rugaga rw’Abavoka…
Abantu benshi bakunze kumva mu gihe cy’amakimbirane hagati y’ibihugu, hakunze kubaho kwitabazwa Umuryango w’Abibumbye (United Nations) abenshi bita LONI, ngo…
Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, (FERWAFA), butangaza ko abafana bazitabira imikino ya FIFA Series 2026, bazagira amahirwe yo kwegukana…
Abantu benshi bibaza impamvu twitsamura cyangwa tugakorora. Kwitsamura bibaho iyo hari virusi, umukungugu, cyangwa ikindi ikintu cyinjiye mu myenge y’izuru,…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwatangaje ko mu gihembwe cy’ihinga gishize cya 2026 A, udukoko tuzwi nk’umukondo w’inyana twangije hegitari 416…