Ibihugu bitanu bishobora kuzaba biyoboye ubukungu bw’Isi mu 2050
Abasesenguzi mu bukungu bavuga ko mu myaka iri imbere ibihugu biri mu nzira y’amajyambere bizagira uruhare runini mu bukungu bw’Isi,…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Abasesenguzi mu bukungu bavuga ko mu myaka iri imbere ibihugu biri mu nzira y’amajyambere bizagira uruhare runini mu bukungu bw’Isi,…
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko u Rwanda ruzakira ubwato bwa mbere bw’ibikomoka kuri peteroli bingana na toni ibihumbi…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro (RRA) cyakusanyije imisoro ingana na miliyari 3,956.4 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka w’ingengo y’imari wa…
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Antoine Marie Kajangwe, yavuze ko amasezerano y’ubufatanye u Rwanda ruherutse kugirana na Kenya hamwe na Tanzania, azarufasha…
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko rigiye kugana inzira y’ubucuruzi no gushora imari, kugira ngo ribashe kwihaza mu…
Nyuma y’aho tariki 25 Nyakanga umwaka ushize wa 2025, Tanzania n’u Rwanda byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye agamije gushyiraho no…
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yazamuye urwunguko rwayo mu rwego rwo guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku masoko rikomeje kwiyongera,…
Ikigo Inkomoko gikomeje guca uduhigo mu gushora imari by’umwihariko mu bice byibasiwe n’ubuhunzi muri Afurika, aho gikomeje kwaguka ku muvuduko…
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’u Rwanda(Auditor General of Rwanda), Alexis Kamuhire, yagejeje ku mitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko (Abadepite…
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko hari ubugenzuzi bwatangiye gukorwa hirya no hino mu gihugu, hagamijwe gufata abacuruzi bazamura ibiciro by’ibicuruzwa…