Leta y’u Rwanda yashyizeho amatsinda y’abagenzura abazamura ibiciro
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko hari ubugenzuzi bwatangiye gukorwa hirya no hino mu gihugu, hagamijwe gufata abacuruzi bazamura ibiciro by’ibicuruzwa…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko hari ubugenzuzi bwatangiye gukorwa hirya no hino mu gihugu, hagamijwe gufata abacuruzi bazamura ibiciro by’ibicuruzwa…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB), cyatangaje ko umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi…
Inganda zikorera mu cyanya cyihariye cy’inganda cya Kigali (Kigali Special Economic Zone-KSEZ) zohereje mu mahanga ibicuruzwa byatunganyijwe bifite agaciro ka…
Abacuruzi hirya no hino mu Mujyi wa Kigali bavuga ko ibiciro by’ibiribwa n’ibindi bikoresho by’ibanze byazamutse mu byumweru bishize, bakabihuza…
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Jean de Dieu Uwihanganye, avuga ko imodoka z’amashanyarazi zitwara abagenzi zatumye igiciro cy’ubwikorezi…
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda (GDP), wiyongereye ku kigero cya 9.4%, aho wavuye kuri Miliyari…
Komisiyo ishinzwe ingengo y’imari mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Guverinoma y’iki gihugu yagujije…
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko intambara ya Amerika, Israel na Iran izagira ingaruka ku bihugu byose by’Isi kuko…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (National Institute of Statistics of Rwanda-NISR), cyatangaje ko ibiciro ku masoko mu Rwanda byiyongereyeho…
Kuri uyu wa Kane tariki 5 Gashyantare 2026, Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yabwiye abitabiriye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ko ubukungu…