Muhoza watangiye neza muri Rayon Sports, yiyemeje gukora cyane
Rutahizamu ukiri muto wa Rayon Sports, Daniel Muhoza, yavuze ko gutangira neza mu ikipe ye nshya ya Rayon Sports ari…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Rutahizamu ukiri muto wa Rayon Sports, Daniel Muhoza, yavuze ko gutangira neza mu ikipe ye nshya ya Rayon Sports ari…
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yemeje umushinga w’itegeko rishya rigenga ubworozi n’uburobyi, uzana impinduka zitandukanye zirimo kwandika aborozi bose, gukaza…
Ubwo hakorwaga umuganda rusange usoza ukwezi kwa Nyakanga 2026, abagize itsinda ASDC Abasangirangendo bifatanyije n’abaturage b’Umurenge wa Gasange batunganya umuhanda…
Umuyobozi w’Ikigo gikomeye cy’ubucuruzi cyo muri Koreya y’Epfo, SK Group, Chey Tae-won, yategetswe n’urukiko kwishyura uwahoze ari umugore we, Roh…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyatangaje ko guhera mu mpera z’ukwezi kwa Kanama uyu mwaka wa 2026, kizatangira gukoresha…
Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, yemeje umushinga w’itegeko rishya rigenga ubuhinzi, riteganya impinduka zikomeye zigamije kuvugurura uru rwego, kongera umusaruro,…
Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwashimangiye ko Dr. Eugène Rwamucyo ahamwa n’ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu, rumukatira igifungo…
Kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Nyakanga 2026, mu Karere ka Gakenke mu Majyaruguru y’u Rwanda hafashwe umwarimu ukekwaho ubufatanyacyaha…
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye Urukiko rwa Rubanda rwa Paris guhamya Dr. Eugène Rwamucyo ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994…
Binyuze muri gahunda ya ‘Visit Rwanda’ u Rwanda n’ikipe ya Aston Villa ikina muri Shampiyona yo mu Bwongereza ikanatwara igikombe…