Byagenze gute ngo Umudepite wo muri Gabon akubitire urushyi umukozi wa RwandAir i Kigali!
Umudepite wo muri Gabon, Augustin Lobelle Yembi, wari wafungiwe i Kigali ku wa 3 Nzeri 2026 nyuma yo gukubita umukozi…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Umudepite wo muri Gabon, Augustin Lobelle Yembi, wari wafungiwe i Kigali ku wa 3 Nzeri 2026 nyuma yo gukubita umukozi…
Ikigo cy’u Rwanda cy’ibimenyetso bya gihanga byifashishwa mu butabera (Rwanda Forensic Institute – RFI) yasabye abanyamategeko kwifashisha ibimenyetso gitanga, cyizeza…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Nzeri 2026, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko umushoramari akaba na…
Binyuze mu mushinga ‘Kura Project’, Umuryango Umusekeweya Mediation ku bufatanye na Organisation Solidarité Plus (OSP) batangiye ubukangurambaga bugamije gukangurira ababyeyi…
Ku wa Gatatu tariki 26 Kanama 2026, Ubushinjacyaha bwagaragarije Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ko bushinja umushoramari akaba na Perezida w’Ishyirahamwe…
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa (Rwanda FDA), Prof. Emile Bienvenu, yasabye Urukiko gufungurwa by’agateganyo agakurikiranwa adafunze, mu…
Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry yavuze ko Shema Fabrice uyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), uherutse gutabwa…
Kuri uyu wa Kane tariki 13 Kanama 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu 18 barimo Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje amakuru y’itabwa muri yombi rya Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, ukurikiranyweho icyaha cyo gutanga…
Kuri uyu wa Kabiri tariki 04 Kanama 2026, Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagize Komisiyo y’Imari n’Umutungo bya…