Ubuzima
Inkuru Zigezweho
Ibidukikije
Intara y’Iburasirazuba iri ku isonga mu kwibasirwa n’imihindagurikire y’ibihe
Volleyball: Amakipe ane yabaye aya mbere mu byiciro byombi agiye guhurira i Gisagara
REMA na ENVIROSERVE mu rugamba rwo guhashya ingaruka z’ibikoresho by’ikoranabuhanga bishaje
‘Green Amayaga Project’ yahinduye imibereho y’abaturage barenga 400.000
SEAL igiye kwishyura Leta y’u Rwanda miliyari 1,2 Frw binyuze muri Minisiteri y’Ibidukikije
Diane uwase yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ikirombe cyagwiriye abantu 6 mu Karere ka Huye
AMAKURU MU BURYO UTAMENYEREYE
Reba zoseImyidagaduro
Reba zoseRIB yahakanye gufunga ShaddyBoo, itangaza aho aherereye
Nyuma y’iminsi hari amakuru avuga ko Mbabazi Shadia uzwi nka ShaddybBoo yaba yaratawe muri yombi, amakuru yizewe ahamya ko yajyanywe…
The Ben yashimye igikorwa Diamond Platinumz yakoze kuri Saint Valentin
Inkuru ya Umutoni Sandrine Umuhanzi nyarwanda uri mu bakunzwe Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yashimye mugenzi we Diamond Platumz…
Urujijo ku rupfu rw’umuhanzi n’abandi bantu batatu bo mu itsinda rye baguye muri ‘studio‘
Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana witwa Matthew Ogundele, ari kumwe n’abandi bantu batatu bo mu itsinda rye barimo Itunu Ogundele, Joseph…
Biggie Events yakatiwe gufungwa amezi atandatu kubera amadeni
Inkuru ya Umutoni Sandrine Mutakubwa Mariam wamenyekanye muri Uganda nka Biggie Events, akaba umwe mu bagore bihebeye ibyo gutegura ibitaramo…
Inkuru Zicukumbuye
Reba zoseIburasirazuba: Abana 139 basambanyijwe mu mezi ane, ababyeyi n’abaturage barasabwa gutanga amakuru ku gihe
Mu mezi ane ashize, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba yatangaje ko abana 139 basambanyijwe, mu gihe abantu 126…
Ikoranabuhanga
Reba zoseUbukungu
Reba zoseAbakora ubucuruzi buto n’abinjiza munsi ya Miliyoni 2 ku mwaka bagiye gukurirwaho EBM
Guverinoma y’u Rwanda irimo guteganya korohereza ubucuruzi buto n’abakora ibikorwa byinjiza amafaranga make buri mwaka, aho abinjiza munsi ya miliyoni…
Hormuz yongeye gutuma ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bizamukaho 4%; bishobora gukomeza kwiyongera
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga byazamutseho hejuru ya 4% nyuma y’uko intambara hagati ya Leta Zunze Ubumwe za…
Ibihugu bitanu bishobora kuzaba biyoboye ubukungu bw’Isi mu 2050
Abasesenguzi mu bukungu bavuga ko mu myaka iri imbere ibihugu biri mu nzira y’amajyambere bizagira uruhare runini mu bukungu bw’Isi,…
“Peteroli ya mbere y’u Rwanda irahagera mu mpera z’uku kwezi”; Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko u Rwanda ruzakira ubwato bwa mbere bw’ibikomoka kuri peteroli bingana na toni ibihumbi…
Rwanda: Impamvu imisoro yakusanyijwe mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/26 yiyongereyeho 27.7%
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro (RRA) cyakusanyije imisoro ingana na miliyari 3,956.4 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka w’ingengo y’imari wa…

Active Lounge
Siporo
Reba zosePolitiki
Reba zoseSir Keir Starmer wari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yeguye kuri izi nshingano
Nyuma y’iminsi yotswa igitutu n’abarimo abahoze bamushyigikiye, Sir Keir Starmer wari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kuva muri Nyakanga 2024 yeguye…
Huza natwe
Ubuhinzi
Reba zoseMinisitiri Sebahizi yagaragaje inyoroshyo u Rwanda ruha abashoramari b’ubuhinzi
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yavuze ko u Rwanda rworohereza abashoramari bo mu rwego rw’ubuhinzi, aho bamwe bafite imishinga migari…

