Ikipe ya Police FC yahawe umuyobozi mushya, Umuvugizi wayo avuga icyo bamwitezeho
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwashyizeho ubuyobozi bushya bw’ikipe yayo y’umupira w’amaguru (Police FC), aho Alphonse Munyantwali yagizwe umuyobozi mukuru…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwashyizeho ubuyobozi bushya bw’ikipe yayo y’umupira w’amaguru (Police FC), aho Alphonse Munyantwali yagizwe umuyobozi mukuru…
Mu gihe kitarenze ukwezi kumwe, buri Muyobozi w’Umudugudu mu Karere ka Gatsibo, azaba yongerewe ubushobozi bwo kunoza serivisi aha abo…
Mu gihe ku Cyumweru tariki 30 Mata 2023 hategerejwe hagati ya Dior Market FC izaba yakiriye Muhura FC, imihigo ni…
Ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gasabo, Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), yafatanye umugabo w’imyaka 32, imifuka…
Kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Mata 2023, SOLEIL Ltd (Societe d’Organisation Lineaire, Etude et Innovation Lucrative), yatangije ku mugaragaro…
Nyuma y’aho ku wa Gatatu tariki 19 Mata 2023, Nizeyimana Mugabo Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA)…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batanu barimo abayobozi bane bafite aho bahuriye n’Akarere ka Gasabo, aho…
Kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Mata 2020, mu cyumba cy’Inama cy’Akarere ka Gatsibo habereye inama ireba ku iterambere ry’ubworozi…
Urwego rw’Ubugenzacyaha(RIB) ruvuga ko raporo y’ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibifitanye isano nayo byakozwe mu cyumweru cy’Icyunamo kuva tariki 7 kugera…
Kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Mata 2023, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda mu Rwanda (MINICOM) yashyizeho ibiciro ntarengwa ku ifu y’ibigori…