RIB yasobanuye ibyo guta muri yombi Visi Meya wa Nyamagabe na Gitifu wa Musebeya
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasobanuye iby’itabwa muri yombi ry’abayobozi bo mu Karere ka Nyamagabe, barimo Visi Meya (Vice Mayor) ushinzwe…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasobanuye iby’itabwa muri yombi ry’abayobozi bo mu Karere ka Nyamagabe, barimo Visi Meya (Vice Mayor) ushinzwe…
Umuyobozi w’Ikigo gikomeye cy’ubucuruzi cyo muri Koreya y’Epfo, SK Group, Chey Tae-won, yategetswe n’urukiko kwishyura uwahoze ari umugore we, Roh…
Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwashimangiye ko Dr. Eugène Rwamucyo ahamwa n’ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu, rumukatira igifungo…
Kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Nyakanga 2026, mu Karere ka Gakenke mu Majyaruguru y’u Rwanda hafashwe umwarimu ukekwaho ubufatanyacyaha…
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye Urukiko rwa Rubanda rwa Paris guhamya Dr. Eugène Rwamucyo ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994…
Raporo ya Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no kurwanya Jenoside mu Nteko Ishinga Amategeko, nyuma y’isesengura rya Politiki y’igihugu…
Ku wa Gatatu tariki 01 Nyakanga 2026, Ubushinjacyaha bw’u Budage bwatangaje ko bwataye muri yombi Umunyarwanda bwahaye izina rya Innocent…
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza, aho agiye gukurikiranwa afunze nyuma…
Umunyarwanda Dr Eugène Rwamucyo agiye gutangira kuburana mu Rukiko rw’Ubujurire rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa, nyuma yo guhamwa n’ibyaha…
Mu gihe mu Rwanda hari imvugo n’amahame bimaze igihe bizwi, ndetse byanashyizwe mu mategeko, bivuga ko umwana uvukiye mu rugo…