U Rwanda Rwinjije Miliyoni 587 Frw mu 2023/2024 Binyuze mu Kohereza Ikoranabuhanga no Kwakira Ingendoshuri
Yanditswe na: J. Christian IHIRWE Kigali – Mu mwaka wa 2023/2024, u Rwanda rwinjije miliyoni 587 z’amafaranga y’u Rwanda binyuze…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Yanditswe na: J. Christian IHIRWE Kigali – Mu mwaka wa 2023/2024, u Rwanda rwinjije miliyoni 587 z’amafaranga y’u Rwanda binyuze…
Mu cyemezo gishobora guhindura byinshi ku isoko mpuzamahanga, Apple yatangaje ko igiye guhagarika gukorera iPhone zijya ku isoko rya Leta…
Kuri uyu wa Mbere tariki 28 Mata 2025, gahunda ya EdTech Monday izagaruka ku ngingo y’ingenzi: uko ikoranabuhanga rifasha guteza…
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo n’Ikigega cya Koreya y’Epfo gishinzwe Iterambere (KOICA) byamuritse ku mugaragaro umushinga w’imyaka ine, ufite agaciro…
Porogaramu nshya ikoresha ubwenge bukorano (Artificial Intelligence-AI) yitwa ‘Death Clock’ ikomeje kuvugisha benshi, aho mu mikorere yayo ishobora kugaragaza itariki…
Mu gihe hakomoje kuba impungenge z’uko TikTok ishobora guhagarikwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho ikoreshwa n’abarenga miliyoni 170,…
Uruganda rwo muri Amerika rumaze kumenyerwa mu gukora ibikoresho by’ikoranabuhanga by’umwihariko telefoni rwa Motorola, rwashyize hanze telefoni zo mu cyiciro…
Ku wa Kabiri tariki 14 Mutarama 2025, Saa 21:09 ku masaha y’i Kigali, mu cyanya cya Vandenberg Space Force Base…