Rwanda: MINICOM yongeye gushyiraho ibiciro ntarengwa by’umuceri
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), yashyizeho ibiciro ntarengwa by’umuceri wo mu Rwanda, isaba abahinzi kuwugurisha ku nganda zemewe, mu gihe ibyashyizweho…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), yashyizeho ibiciro ntarengwa by’umuceri wo mu Rwanda, isaba abahinzi kuwugurisha ku nganda zemewe, mu gihe ibyashyizweho…
Urugereko rwasigaye ruca imanza zasizwe n’urwari Urukiko mpuzamahanga rwa Arusha, ubu ruri i La Haye mu Buholandi, rwemeye ubujurire bw’ubushinjacyaha…
Fulgence Kayishema uregwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’ibyaha 54 birimo ibijyanye n’amategeko y’abinjira n’abasohoka, yasabye ubuhungiro bwa…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), gitangaza ko mu myaka 20 ishize mu Rwanda, impfu z’abana zagabanutse ku kigereranyo kirenga 80%,…
Ugereranyije n’igihembwe cya mbere cy’umwaka ushize wa 2022, Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), kivuga ko umusaruro mbumbe w’Igihugu wazamutseho 9.2% mu…
Kuri uyu wa Mbere tariki 19 Kamena 2023, hagombaga gukomeza urubanza Ubushinjacyaha buregamo Karasira Uzaramba Aimable, urubanza rurasubikwa ko atitabiriye…
By Charles Ndushabandi Accra, Ghana, June 18, 2023 – The African Export-Import Bank (Afreximbank) today launched its wholly owned…
Kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Kamena 2023, mu nzu mberabyombi y’Akarere ka Ngoma, habereye inama y’Inteko rusange y’ikipe ya…
Kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Kamena 2023, Urukiko rw’Ubujurire rwaciye Me Gasengayire Alice wunganira bamwe mu bareganwa na Rtd…
Uwitwa Nyiragatwa Djanath arasaba guhindurirwa aya mazina, akitwa Uwase Djanath. Nyiragatwa Djanath mwene Rutayisire na Mvunganyinka, utuye mu Mudugudu wa…