Uwitwa Hakizamungu Frank arasaba guhindurirwa rimwe muri aya mazina, akitwa BUTERA FRANK.
Hakizamungu Frankmwene Ndagijimana Dominique na Musaninkindi Speciose, utuye mu Mudugudu wa Giporoso I, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo Hakizamungu Frank akitwa BUTERA FRANK mu gitabo cy’irangamimerere.
INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA IZINA
Impamvu atanga yo guhinduza izina ni uko ari Izina ry’irigenurano rikaba riteye ipfunwe.

