Ange Kagame, Umukobwa wa Perezida Kagame yahawe akazi mu biro bye

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Kanama 2023, Perezida Paul Kagame yahaye inshingano umukobwa we, Ange Kagame, inshingano muri Perezidansi y’u Rwanda.

 

Ni umwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Kanama 2023, aho yahaye umwanya Ange Kagame mu biro bya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, aho yagizwe Umuyobozi wungirije w’akanama gashinzwe ingamba na Politiki za Leta mu biro bya Perezida (Deputy Executive Director, Strategy & Policy Council-SPC).

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *