Ikiganiro cyihariye na Bisimwa na Manzi ba M23: Ibyavugiwe mu kiganiro na Mario Nawfal
Mu kiganiro cyihariye na Mario Nawfal, abayobozi ba M23 bagarutse ku mpamvu barwana, ibyo bifuza ku gihugu cya DRC, ndetse n’ukwirengagizwa mu biganiro na Leta ya Kinshasa.