Indwara zo mu mutwe zikomeje kwiyongera mu rubyiruko: Ibitaro bya Kigali byakiriye abasaga 600 mu mezi umunani
Kuva byatangira gukora muri Mutarama 2024, Ibitaro bya Kigali bivura indwara zo mu mutwe (Kigali Mental Health Referral Hospital) bimaze…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Kuva byatangira gukora muri Mutarama 2024, Ibitaro bya Kigali bivura indwara zo mu mutwe (Kigali Mental Health Referral Hospital) bimaze…
Ubwandu bwa SIDA mu basirikare b’u Burusiya bari mu ntambara muri Ukraine buriyongera ku muvuduko udasanzwe, nk’uko bigaragazwa na raporo…
Gucura ni urugendo ruhambaye ku buzima bw’umugore, ruganisha ku gihe adashobora kongera gusama. Akenshi bibera hagati y’imyaka 45 na 55,…
Ubushakashatsi bushya bwashyizwe ahagaragara n’itsinda ry’abahanga mu by’ubuzima bwerekanye ko kugenda intambwe nibura 7,000 ku munsi bishobora kugira uruhare runini…
Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), batangije ku mugaragaro umushinga wa miliyari 7 na miliyoni 99…
Mu Rwanda, imibereho ya buri munsi n’akazi kenshi gaterwa n’iterambere rishingiye ku biro no kuri mudasobwa biri gutera ikibazo gishya:…
Mu rwego rwo kurushaho gufasha abarwaye virusi itera SIDA (VIH), u Rwanda ruteganya gutangira gukoresha uburyo bushya bw’imiti igabanya ubukana,…
Mu Murenge wa Cyanika, Akarere ka Burera, bamwe mu babyeyi bavuga ko ivuriro ry’ibanze rya Kamanyana riri kubagora mu gihe…
Ibitaro Byitiriwe Umwami Faisal (King Faisal Hospital – KFH) byatangaje ko bigiye kumara icyumweru bitanga ubuvuzi bwo kubaga bugamije kongera…
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yagaragaje impungenge ku buryo Virusi itera SIDA igikomeje kwibasira Abanyarwanda cyane cyane urubyiruko, ashimangira ko…