Kimisagara: Umusore yafatiwe mu cyuho afite ibiro bitandatu by’urumogi
Polisi y’u Rwanda ibinyujije mu ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, yafashe umusore w’imyaka 27 wo mu Karere ka Nyarugenge, ubwo yari…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Polisi y’u Rwanda ibinyujije mu ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, yafashe umusore w’imyaka 27 wo mu Karere ka Nyarugenge, ubwo yari…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze umukozi ushinzwe ibikorwa by’ubwubatsi mu Mujyi wa Kigali, ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na…
Bigirimana Egide, umujyanama w’ubuzima wo mu Mudugudu wa Nganzo, Akagari ka Ntendezi, Umurenge wa Ruhambuga, yarashwe n’abashinzwe umutekano bashinzwe kurinda…
Mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo w’imyaka 56 ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 12, akamushukisha amafaranga 200 Frw. Ibi…
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwateye utwatsi ubujurire bwa Bishop Gafaranga, rwemeza ko agomba gukomeza gufungwa by’agateganyo iminsi 30, mu gihe…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba yataye muri yombi urubyiruko 17 mu Karere ka Rwamagana, rukurikiranyweho ibikorwa by’urugomo n’ubusinzi,…
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse iburanisha ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Ingabire Victoire Umuhoza, rimurirwa ku itariki ya 15 Nyakanga…
Mu karere ka Nyanza, haravugwa urupfu rw’umugore bivugwa ko yishwe n’umugabo we mu gihe bari bamaze imyaka umunani babana mu…
Minisitiri wa Polisi muri Afurika y’Epfo, Senzo Mchunu, ari mu mazi abira nyuma yo gushinjwa imikoranire n’amatsinda y’abagizi ba nabi…
Burya ngo agahinda ntikica ariko kagira mubi! Ibi byigaragaje ku mugore wa Bishop Gafaranga, ubwo yasohorwaga mu rukiko, akicara hasi…