U Rwanda rwashimangiye ko rukiryamiye amajanja ku mugambi wa Tshisekedi na Ndayishimiye
U Rwanda rwatangaje ko rutazigera rwihanganira imigambi ifitanye isano no gushaka guhindura ubutegetsi bwarwo, by’umwihariko bivugwa ku bayobozi ba Repubulika…
Amakuru agezweho kandi yizewe
U Rwanda rwatangaje ko rutazigera rwihanganira imigambi ifitanye isano no gushaka guhindura ubutegetsi bwarwo, by’umwihariko bivugwa ku bayobozi ba Repubulika…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 16 Kamena 2025, mu Karere ka Musanze hateguwe umuhango ukomeye wo…
Umugambwe uri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, ni wo watsinze amatora y’abashingamateka n’abahanuzi b’amakomine mu ntara zose z’igihugu. Mu majwi…
Elon Musk, umuherwe wateye inkunga ikomeye ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump mu matora ya 2024, yavuze ko yicuza amagambo…
Nyuma y’uko u Rwanda rutangaje ko rwikuye mu Muryango w’Ibihugu by’Afurika yo Hagati (CEEAC), Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya…
Umwuka w’intambara ukomeje kwiyongera hagati y’u Burusiya n’u Bwongereza nyuma y’uko Ambasaderi w’u Burusiya mu Bwongereza, Andrei Kelin, ashinje icyo…
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashimye icyemezo cy’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Bubiligi (Belgian Cycling) cyemeje ko…
Joseph Kabila, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yageze mu mujyi…
Mu gikorwa cyatunguranye cyanateje impaka ndende mu Banye-Congo no hanze yayo, Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi…
Mu kiganiro cyatambutse kuri Power FM muri Afurika y’Epfo, Thabo Mbeki wahoze ayobora Afurika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu…