Imihigo ni yose hagati ya Muhura FC na Dior Market FC zigiye gucakirana!
Mu gihe ku Cyumweru tariki 30 Mata 2023 hategerejwe hagati ya Dior Market FC izaba yakiriye Muhura FC, imihigo ni…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Mu gihe ku Cyumweru tariki 30 Mata 2023 hategerejwe hagati ya Dior Market FC izaba yakiriye Muhura FC, imihigo ni…
Ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gasabo, Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), yafatanye umugabo w’imyaka 32, imifuka…
Kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Mata 2023, SOLEIL Ltd (Societe d’Organisation Lineaire, Etude et Innovation Lucrative), yatangije ku mugaragaro…
Nyuma y’aho ku wa Gatatu tariki 19 Mata 2023, Nizeyimana Mugabo Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA)…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batanu barimo abayobozi bane bafite aho bahuriye n’Akarere ka Gasabo, aho…
Kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Mata 2020, mu cyumba cy’Inama cy’Akarere ka Gatsibo habereye inama ireba ku iterambere ry’ubworozi…
Urwego rw’Ubugenzacyaha(RIB) ruvuga ko raporo y’ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibifitanye isano nayo byakozwe mu cyumweru cy’Icyunamo kuva tariki 7 kugera…
Kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Mata 2023, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda mu Rwanda (MINICOM) yashyizeho ibiciro ntarengwa ku ifu y’ibigori…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Mata 2023, nibwo inkuru yasakaye ko Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu…
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda (RAB), butangaza ko n’ubwo mu Rwanda habarizwa ibiyaga byinshi, hari ibidakorerwamo ubworozi…