Rwanda: Umudepite wigeze no kuba PS wa MINALOC yatawe muri yombi kubera imbunda!
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 13 Gicurasi 2024, Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 13 Gicurasi 2024, Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi…
Ubwo yatangaga ubuhamya, uwo mu muryango wa Kajuga Robert wabaye Perezida w’Interahamwe yabwiye urukiko rwa rubanda rwa Bruxelles mu Bubiligi…
Mu gihe mu Rwanda hategerejwe amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite muri Nyakanga uyu mwaka wa 2024; Komisiyo y’Igihugu y’Amatora…
Kuri uyu wa Mbere tariki 13 Gicurasi 2024, mu Rukiko rwa rubanda rw’i Buruseli (Brussels) mu Bubiligi hakomeje urubanza rwa…
Abantu benshi bamaze igihe bategereje kwemererwa gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe Ikoranabuhanga, aho hari abafite amatsiko ku mikorere y’Ikigo…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abagabo batanu bakurikiranweho icyaha cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ni nyuma y’intonganya…
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Gicurasi 2024, Iposita y’u Rwanda yatangije ku mugaragaro uburyo yise ePoBox; Virtual P.O.…
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, ruvuga ko ibyaha cyane cyane ibyiganjemo ubwambuzi bushukana (escroquerie) bikomeje kwiyongera umunsi ku wundi, rwibutsa abaturarwanda…
Kuri uyu wa Kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, umutangabuhamya mu rubanza rwa Nkunduwimye Emmanuel uzwi nka Bomboko, yavuze ko yiyumviye…
Ku wa Gatandatu tariki 04 Gicurasi 2024, Ambasaderi w’Ubushinwa mu Rwanda, H.E. Wang Xuekun ari kumwe n’abagize Umuryango w’abanyeshuri bize…