RIB yerekanye ‘Abameni’ 45 bacucuraga abaturage, ibasaba kugira amakenga Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2024, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, berekanye agatsiko…
Rwanda: Amavuriro yigenga yashyiriweho ibisabwa ngo yemererwe gukuramo inda Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko ishobora kwemerera Ivuriro ryigenga (Clinic) ryujuje ibisabwa gutanga serivisi yo gukuramo inda, nyuma y’uko Iteka rigena…
Rwanda NGOs Forum yiyemeje kujyanamo n’izindi nzego mu kurandura SIDA Impuzamiryango itari iya Leta irwanya Virusi itera SIDA, ikanaharanira guteza imbere ubuzima (Rwanda NGOs Forum on AIDS and Health Promotion),…