ASPEK yiteguye neza umwaka w’amashuri 2025–2026; intego ni ya nyindi
Ishuri ryisumbuye rya ASPEK “Institut Saint Aloys” ryiteguye neza umwaka w’amashuri 2025–2026; aho intego ari ugukomeza gutanga uburezi n’uburere bibereye umwana w’u Rwanda…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Ishuri ryisumbuye rya ASPEK “Institut Saint Aloys” ryiteguye neza umwaka w’amashuri 2025–2026; aho intego ari ugukomeza gutanga uburezi n’uburere bibereye umwana w’u Rwanda…
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) ku bufatanye na Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangije gahunda nshya igamije kongera imbaraga mu mirire y’abanyeshuri binyuze…
Kuwa 19 Kanama 2025, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. Byagaragaye ko…
Mu karere ka Karongi, ubuyobozi buravuga ko mu mwaka w’amashuri wa 2024-2025 hamaze kubarurwa abanyeshuri 748 bataye ishuri. Ibi byatumye…
Mu rwego rwo gukomeza gushyigikira abarimu kubona aho gutura heza, Koperative Umwalimu SACCO yahawe andi mafaranga y’inguzanyo angana na miliyari…
Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Nsengimana Joseph, yatangaje ko igihugu cyiteguye gukorana bya hafi na Kaminuza ya State University of New…
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje amavugurura mashya mu mashuri yisumbuye azatangira gushyirwa mu bikorwa mu mwaka w’amashuri wa…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri 220,840 bo mu mwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza biteguye gutangira…
Kaminuza y’u Rwanda (UR) yatangiye kwakira amasomo y’igihe gito ajyanye na politiki z’ubucuruzi, yateguwe n’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubucuruzi (WTO), agenewe ibihugu…
Mu gihe isi ikomeje kwihutira guhindura uburyo bwo kwigisha binyuze mu ikoranabuhanga, u Rwanda ntirwasigaye inyuma. Gusa, n’ubwo hashyizwemo imbaraga…