Umuraperi Diddy yasabye urukiko kongera kumurekura mu gihe ategereje igihano
Umuraperi w’icyamamare ku isi, Sean Combs uzwi nka Diddy, yongeye gusaba urukiko ko rumurekura by’agateganyo mu gihe akomeje gutegereza umwanzuro…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Umuraperi w’icyamamare ku isi, Sean Combs uzwi nka Diddy, yongeye gusaba urukiko ko rumurekura by’agateganyo mu gihe akomeje gutegereza umwanzuro…
Mu ntangiriro za Werurwe 2025, u Rwanda n’u Burundi byari byatangiye kugaragaza icyizere gishya mu mubano w’ibihugu byombi, nyuma y’inama…
Abagabo babiri baraye batawe muri yombi nyuma yo gufatirwa imbere ya Gare ya Rubavu bafite igikapu kirimo udupfunyika 80 tw’urumogi.…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke buratangaza ko bufatanyije n’abafatanyabikorwa batandukanye mu gikorwa cyo gufasha imiryango irenga 3000 kubona inzu zibafasha gutura…
Ubushakashatsi bushya bwashyizwe ahagaragara n’itsinda ry’abahanga mu by’ubuzima bwerekanye ko kugenda intambwe nibura 7,000 ku munsi bishobora kugira uruhare runini…
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye cyane cyane TikTok, X (Twitter) na Instagram, haravugwa cyane ‘#NickiMinajPoseChallenge’, ihuriza hamwe abantu bifata amashusho bahagaze…
Amakuru mashya yavuye mu iperereza ryakozwe na Reuters yagaragaje ko Elon Musk, mu kwezi kwa Nzeri 2022, yaba yaratanze amabwiriza…
Igitaramo cyari cyitezweho guhuza ibyamamare mu muziki bo muri Uganda n’u Rwanda birimo Jose Chameleone, Ykee Benda, Marina, Kenny Sol…
Mu gihe ibihe byinshi by’urukundo bitagira igikuba, si ko byagenze kuri Isimbi Amandine, uzwi cyane nka Amandah Darling, wamamaye cyane…
Mwitende Abdoulkarim uzwi cyane ku izina rya Burikantu, wari umaze iminsi afunzwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), yarekuwe kuri uyu wa…