Gatsibo: Hatewe ibiti 20, 451 mu birenga Miliyoni n’igice biteganijwe mu mezi atatu
Ubwo hakorwaga umuganda usoza ukwezi k’Ukwakira(10)/2023, mu Karere ka Gatsibo hatangijwe igihembwe cyo gutera ibiti n’amashyamba, ahatewe ibirenga ibihumbi 20…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Ubwo hakorwaga umuganda usoza ukwezi k’Ukwakira(10)/2023, mu Karere ka Gatsibo hatangijwe igihembwe cyo gutera ibiti n’amashyamba, ahatewe ibirenga ibihumbi 20…
Urukiko rurinda iremezo ry’itegekonshinga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) rwemeje kandidatire zose z’abakandida-Perezida zari zatangajwe by’agateganyo n’akanama k’amatora…
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Ukwakira 2023, Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma, rwahamije uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahara…
Kuri uyu wa Mbere tariki 30 Ukwakira 2023, Dr Mbonimana Gamariel weguye nk’Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kubera…
Guhera m’Ugushyingo 2023 kuzageza muri Werurwe 2024, ku nshuro ya mbere Ishuri Blooming Buds ryateguye amarushanwa mu byiciro bitandukanye azahuza…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwatangaje ko kuva muri Nyakanga kugeza muri Nzeri uyu mwaka wa 2023, abakobwa 242 basambanyijwe baterwa…
Ubuyobozi bwa Truth Media Ltd buvuga ko bwishimiye kuba baratowe nka ‘Best Printing Award 2023’, muri ‘Service Excellence Awards 2023…
Kuri uyu wa Kane tariki 05 Ukwakira 2023, Umukinnyi w’ikipe ya APR VC y’abagore akaba na kapiteni w’Ikipe y’igihugu ya…
Kuva mu Cyumweru gitaha, Urukiko rw’i Buruseli mu Bubiligi, ruzatangira kuburanisha Pierre Basabose na Séraphin Twahirwa uzwi nka ‘Kihebe’, baregwa…
Ku bufatanye n’Ihuriro ry’Imiryango y’abafite ubumuga mu Rwanda (NUDOR), Urugaga rw’Imiryango y’abantu bafite ubumuga mu kurwanya SIDA no guteza imbere…