Itabi, uburozi bwemewe n’amategeko
Yanditswe na J. Christian IHIRWE Itabi ni kimwe mu bicuruzwa byinjiza amafaranga menshi ku isi no mu Rwanda. Ariko ni…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Yanditswe na J. Christian IHIRWE Itabi ni kimwe mu bicuruzwa byinjiza amafaranga menshi ku isi no mu Rwanda. Ariko ni…
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbere gahunda zo kurwanya indwara zitandura, ubushakashatsi bushya bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) bugaragaza…
Abagabo bifuza abana barengeje imyaka 35 bakwiriye gusuzuma ingaruka zishobora guterwa n’imyaka yabo, kuko ubushakashatsi buheruka bwerekana ko hari ibyago…
Muri iki gihe cy’impeshyi aho ubushyuhe buri hejuru, benshi bakunze kwijujuta kutabasha gusinzira neza, bamwe bagaragurika, abandi bagahinduranya imyanya (positions)…
Ibikoresho by’ubwiza dukoresha buri munsi, nk’amavuta yo kwisiga, ipuderi, uburoso, n’utundi dukoresho, bishobora kuba intandaro y’ibibazo by’uruhu ndetse n’izindi ndwara…
Mu buzima bwa buri munsi, umuntu ahora ahura n’ibimunezeza kimwe n’ibimubabaza. Igihe rimwe na rimwe atabashije kwakira ibimubabaje, bishobora kumukururira…
Umuryango uharanira uburenganzira bw’abana, umugore n’urubyiruko ’Save Generations Organization’ uvuga ko n’ubwo cotex zakuriweho umusoro wa TVA, abagore n’abakobwa cyane…
Porogaramu nshya ikoresha ubwenge bukorano (Artificial Intelligence-AI) yitwa ‘Death Clock’ ikomeje kuvugisha benshi, aho mu mikorere yayo ishobora kugaragaza itariki…
Ku wa Gatandatu tariki ya 01 Gashyantare 2025, Guverinoma y’u Rwanda yatangije ku mugaragaro ingamba zigamije kurandura kanseri y’inkondo y’umura…
Ubwo u Rwanda rwizihizaga Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya indwara zititaweho (NTDs) wahujwe n’umunsi wo kurwanya ibibembe, inzego zitandukanye zagaragaje ko…