Donald Trump yashyize hanze telefone nshya ya “T1” n’umuyoboro w’itumanaho wa Trump Mobile
Washington, USA – Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yatangije telefoni nshya igezweho yise…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Washington, USA – Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yatangije telefoni nshya igezweho yise…
Nyuma y’imyaka icyenda batakinnye, abahoze bakinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi bagiye kongera guhura n’abahoze bakinira ikipe y’igihugu ya Uganda…
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss, yatangaje ko intambara igihugu cye gihanganyemo na Iran ari urugamba rwo kurengera Isi,…
U Rwanda rwatangaje ko rutazigera rwihanganira imigambi ifitanye isano no gushaka guhindura ubutegetsi bwarwo, by’umwihariko bivugwa ku bayobozi ba Repubulika…
Jane Roberts, umugore w’imyaka 46 utuye i Liverpool mu Bwongereza, yahishuye inkuru ikomeye y’ubuzima bwe nyuma yo kumenya ko ibimenyetso…
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubuzima (RBC) rugaragaza ko ikoreshwa ry’inzoga nyinshi ndetse n’ibindi biyobyabwenge rikomeje kuba nyirabayazana w’indwara nyinshi zo mu…
Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yahagaritswe gusohoka mu murwa mukuru Kinshasa, mu gihe yitegura gutangira…
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse ibiganiro byari bihuje intumwa zayo n’iz’u Burusiya kuva muri Gashyantare 2025, byari bigamije gushaka…
Ikipe ya APR FC ikomeje kwiyubaka no kongera imbaraga hagati mu kibuga aho imaze gusinyisha umukinnyi wo hagati w’Umugande, Ronald…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 16 Kamena 2025, mu Karere ka Musanze hateguwe umuhango ukomeye wo…