Putin yashyize ku mugaragaro ibyo yifuza kugira ngo intambara yo muri Ukraine irangire
Nyuma y’inama yabereye i Alaska yahuje Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, na Perezida Donald Trump w’Amerika mu cyumweru gishize, Putin…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Nyuma y’inama yabereye i Alaska yahuje Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, na Perezida Donald Trump w’Amerika mu cyumweru gishize, Putin…
Urukiko rw’i Birmingham mu Bwongereza rwakatiye Umunyamerikakazi Aimee Betro igifungo cy’imyaka 30 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kugerageza kwica umugabo…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwatangaje ko muri uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026 bugiye gutangira umushinga wo kwagura no kongerera…
Abaturage bo mu Karere ka Musanze, abikorera ndetse n’abafatanyabikorwa b’ingeri zitandukanye batangaje ko biteze kungukira cyane mu birori bikomeye byo…
Umunyarwandakazi Teta Sandra, uzwi cyane mu myidagaduro yo muri Uganda ndetse akaba n’umugore w’umuhanzi Weasel, ni we watangajwe nk’uzayobora ibirori…
Nyuma y’imyaka 17 babana nk’umugabo n’umugore, urugo rw’umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, n’umugore we Daniella Atim, ruri mu marembera…
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) ku bufatanye na Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangije gahunda nshya igamije kongera imbaraga mu mirire y’abanyeshuri binyuze…
Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’Inovasiyo (MINICT) yasinyanye amasezerano mashya n’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Murimo (ILO), agamije kwagura…
Mu gihe ibiganiro hagati ya Israel na Hamas byongeye kudindira, Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyahamagaje inkeragutabara ibihumbi 60 zizatangira…
Mu gihe Abanyarwanda barenga miliyoni icyenda bamaze kubona indangamuntu, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) kigaragaza ko abasaga ibihumbi 20 bamaze…