Kigali: Herekanwe abagabo batandatu bakekwaho kwiba imodoka n’amayeri bakoreshaga, zisubizwa ba nyirazo
Kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024, Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu batandatu bakekwaho kwiba imodoka babanje kuzikodesha,…
