Ubucukuzi butemewe: RIB yihanangirije abirengagiza amategeko
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko hari ibyaha bishingiye ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bikomeje gukorwa mu buryo butemewe, bigira ingaruka…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko hari ibyaha bishingiye ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bikomeje gukorwa mu buryo butemewe, bigira ingaruka…
Kim Yo Jong, mushiki wa Perezida wa Koreya ya Ruguru, yongeye kwerekana ko igihugu cye kidashishikajwe no kugirana ibiganiro na…
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ryatangaje ko ritazava mu mijyi ya Goma n’i Bukavu,…
Umugabo w’imyaka 42 wo mu Karere ka Kamonyi ari mu maboko y’inzego z’umutekano nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa…
Mu Murenge wa Rwinkwavu, Akarere ka Kayonza, haravugwa impinduka zidasanzwe nyuma y’uko abarenga 50 bo mu baturage basanzwe bazwiho guteka…
Minisitiri w’Intebe mushya, Dr Justin Nsengiyumva, yasezeranyije gukomeza gushyira imbere inyungu z’u Rwanda n’abaturage barwo, ashimangira ko igihugu ari cyo…
Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), batangije ku mugaragaro umushinga wa miliyari 7 na miliyoni 99…
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje ko Abanyarwanda n’Abanyafurika muri rusange batagomba gukomeza kuba mu mwanya w’abasabiriza cyangwa abahora bategekwa…
Sosiyete nyinshi z’Abanyamerika zigaragaje ubushake bwo gushora imari mu bice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), cyane cyane…
Abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bagiye kungukira ku muhanda mushya wa kaburimbo uzafasha mu buhahirane, koroshya ingendo no kugeza…