USA: Dr Jose Chameleone yongeye gusubizwa mu bitaro
Umuhanzi wo muri Uganda, Dr Jose Chameleone uri kubarizwa muri Amerika aho yagiye kwivuza, yongeye gusubira mu bitaro nyuma y’uko…
Amakuru agezweho kandi yizewe
Umuhanzi wo muri Uganda, Dr Jose Chameleone uri kubarizwa muri Amerika aho yagiye kwivuza, yongeye gusubira mu bitaro nyuma y’uko…
Umutwe witwaje intwaro wa FRB-Abarundi watangaje ko wihuje n’uwa UPR ndetse n’undi wa UPF bibyara ‘Le Front Burundais de Libération…
Mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2024/2025, mu Karere ka Gatsibo hamaze gusanwa ibiraro 10 byari byarangiritse bigatuma abaturage batagira ubuhahirane…
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye umaze iminsi ashinja u Rwanda gushaka kumugabaho ibitero, yakuriye inzira ku murima abari bategereje igitero…
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Gashyantare 2025, umwarimu wigishaga mu ishuri rya GS Rubona witwa Ngirinshuti François…
Kuri iki Cyumweru tariki 16 Gasahyantare 2025, abarwanyi ba M23 bageze ku mupaka wa mbere uhuza Bukavu na Rusizi uzwi…
Umwanditsi akaba n’Umunyamategeko Musekeweya Liliane yishimiye gusoza amasomo agendanye n’ubutabera bushingiye ku buhuza, avuga ko agiye gutanga umusanzu we mu…
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi yavuze ko kuvugurura imisoro bitazagira ingaruka ku biciro ku masoko, hagaragazwa ibicuruzwa bizazamurirwa umusoro n’ibishya…
Porogaramu nshya ikoresha ubwenge bukorano (Artificial Intelligence-AI) yitwa ‘Death Clock’ ikomeje kuvugisha benshi, aho mu mikorere yayo ishobora kugaragaza itariki…
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col (Rtd) Jeannot Ruhunga, yatangaje ko mu myaka itanu ishize, ubugenzacyaha bwagenje amadosiye 4437 agendanye…