Dark Mode
  • Thursday, 28 March 2024

Perezida Kagame mu byishimo nyuma yo kubona umwuzukuru wa kabiri

Perezida Kagame mu byishimo nyuma yo kubona umwuzukuru wa kabiri

Kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Nyakanga 2022, Perezida Kagame w’u Rwanda yagaragaje ibyishimo ashimira umukobwa we Ange Ingabire Kagame n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma bibarutse ubuheta.


Ibi ni ibyo Perezida Kagame yatangaje ku rubuga rwe rwa Twitter, aho nyuma yo gushyiraho ifoto y’umwana wabo w’imfura akikiye uruhinja, yanditse mu magambo y’icyongereza ati: “Congrats Ange & Bertrand…”


Ange Ingabire Kagame, ubuheta bwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, yashyingiranwe na Bertrand Ndengeyingoma tariki ya 6 Nyakanga 2019, ni mu gihe bibarutse imfura ku wa ku Cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020.

Perezida Kagame mu byishimo nyuma yo kubona umwuzukuru wa kabiri

Comment / Reply From